12 Yehova aravuga ati “ni jye ubwanjye wavuze, ndakiza kandi ntuma byumvikana,+ igihe nta mana y’inyamahanga yari muri mwe.+ Ni yo mpamvu muri abahamya banjye,+ nanjye nkaba Imana.+
8 Ntimutinye kandi ntimutangare.+ Mbese uhereye icyo gihe, si jye wagiye ubibabwira buri wese akabyiyumvira?+ Kandi muri abahamya banjye.+ Mbese hari indi Mana itari jye?+ Oya, nta kindi Gitare kitari jye.+ Nta yo nigeze menya.’”
8 Ariko muzahabwa imbaraga+ umwuka wera nubazaho, kandi muzambera abahamya+ i Yerusalemu+ n’i Yudaya n’i Samariya+ no kugera mu turere twa kure cyane tw’isi.”+