2 Ibyo ku Ngoma 36:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Nuko abateza umwami w’Abakaludaya+ yicishiriza inkota+ abasore mu rusengero rwabo,+ ntiyagirira impuhwe abasore n’inkumi, abakuze n’abasaza rukukuri.+ Bose Imana yabahanye mu maboko ye. Yesaya 49:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Ariko Siyoni yakomeje kuvuga iti “Yehova yarantaye,+ kandi Yehova yaranyibagiwe.”+ Yeremiya 30:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 “Nzatuma woroherwa, ngukize inguma zawe,”+ ni ko Yehova avuga. “Kuko bakwise umugore wasenzwe,+ bavuga bati ‘iyi ni Siyoni itagira uyishaka.’”+ Yeremiya 33:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 “Yehova aravuga ati ‘aha hantu muzaba muvuga ko habaye umwirare, ko nta muntu cyangwa itungo biharangwa, mu migi y’u Buyuda no mu mihanda y’i Yerusalemu yahindutse umusaka+ nta muntu cyangwa itungo biharangwa, hazongera kumvikana+ Amaganya 1:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Inzira za Siyoni ziraboroga kuko nta wukizinyuramo ajya mu minsi mikuru.+ Amarembo yaho yose yarasenyutse;+ abatambyi baho barasuhuza umutima.+ Abari baho bishwe n’agahinda, kandi na yo ifite intimba.+ Abagalatiya 4:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Kuko byanditswe ngo “ishime wa mugore we w’ingumba itabyara, tera hejuru urangurure ijwi ry’ibyishimo wowe mugore utarigeze ubabazwa n’igise, kuko abana b’umugore w’intabwa ari benshi kurusha abana b’umugore ufite umugabo.”+
17 Nuko abateza umwami w’Abakaludaya+ yicishiriza inkota+ abasore mu rusengero rwabo,+ ntiyagirira impuhwe abasore n’inkumi, abakuze n’abasaza rukukuri.+ Bose Imana yabahanye mu maboko ye.
17 “Nzatuma woroherwa, ngukize inguma zawe,”+ ni ko Yehova avuga. “Kuko bakwise umugore wasenzwe,+ bavuga bati ‘iyi ni Siyoni itagira uyishaka.’”+
10 “Yehova aravuga ati ‘aha hantu muzaba muvuga ko habaye umwirare, ko nta muntu cyangwa itungo biharangwa, mu migi y’u Buyuda no mu mihanda y’i Yerusalemu yahindutse umusaka+ nta muntu cyangwa itungo biharangwa, hazongera kumvikana+
4 Inzira za Siyoni ziraboroga kuko nta wukizinyuramo ajya mu minsi mikuru.+ Amarembo yaho yose yarasenyutse;+ abatambyi baho barasuhuza umutima.+ Abari baho bishwe n’agahinda, kandi na yo ifite intimba.+
27 Kuko byanditswe ngo “ishime wa mugore we w’ingumba itabyara, tera hejuru urangurure ijwi ry’ibyishimo wowe mugore utarigeze ubabazwa n’igise, kuko abana b’umugore w’intabwa ari benshi kurusha abana b’umugore ufite umugabo.”+