20 Nk’uko umuntu akoranyiriza ifeza n’umuringa n’ubutare+ n’icyuma cy’isasu n’itini mu itanura akabivugutira+ mu muriro kugira ngo bishonge,+ ni ko nanjye nzabakoranya mbitewe n’uburakari n’umujinya, kandi nzabavugutira mu muriro kugira ngo mushonge.