Imigani 4:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Inzira y’ababi yo imeze nk’umwijima w’icuraburindi;+ ntibamenya ibikomeza kubasitaza.+ Yesaya 28:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Ni yo mpamvu Umwami w’Ikirenga Yehova avuga ati “dore ngiye gushyira i Siyoni+ ibuye ry’urufatiro,+ ibuye ryageragejwe,+ ibuye rikomeza imfuruka ry’agaciro kenshi,+ ry’urufatiro ruhamye.+ Uryizera wese ntazashya ubwoba.+ Matayo 13:57 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 57 Nuko ibye birabagusha.+ Ariko Yesu arababwira ati “nta handi umuhanuzi abura guhabwa icyubahiro, keretse mu karere k’iwabo no mu rugo rwe.”+ Luka 20:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Umuntu wese ugwira iryo buye azavunagurika,+ kandi uwo rizagwira+ wese rizamusya.”+ Abaroma 9:32 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 32 Byatewe n’iki? Byatewe n’uko barikurikiraga, batabitewe no kwizera, ahubwo babitewe n’imirimo.+ Basitaye ku “ibuye risitaza,”+ Abaroma 9:33 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 33 nk’uko byanditswe ngo “dore ngiye gushyira i Siyoni ibuye+ risitaza n’urutare rugusha,+ ariko uwubaka ukwizera kwe kuri rwo ntazamanjirwa.”+ 1 Petero 2:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 kandi ni “ibuye risitaza n’urutare rugusha.”+ Abo barasitara kubera ko batumvira ijambo kandi icyo ni na cyo bagenewe.+
16 Ni yo mpamvu Umwami w’Ikirenga Yehova avuga ati “dore ngiye gushyira i Siyoni+ ibuye ry’urufatiro,+ ibuye ryageragejwe,+ ibuye rikomeza imfuruka ry’agaciro kenshi,+ ry’urufatiro ruhamye.+ Uryizera wese ntazashya ubwoba.+
57 Nuko ibye birabagusha.+ Ariko Yesu arababwira ati “nta handi umuhanuzi abura guhabwa icyubahiro, keretse mu karere k’iwabo no mu rugo rwe.”+
32 Byatewe n’iki? Byatewe n’uko barikurikiraga, batabitewe no kwizera, ahubwo babitewe n’imirimo.+ Basitaye ku “ibuye risitaza,”+
33 nk’uko byanditswe ngo “dore ngiye gushyira i Siyoni ibuye+ risitaza n’urutare rugusha,+ ariko uwubaka ukwizera kwe kuri rwo ntazamanjirwa.”+
8 kandi ni “ibuye risitaza n’urutare rugusha.”+ Abo barasitara kubera ko batumvira ijambo kandi icyo ni na cyo bagenewe.+