Ezira 2:58 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 58 Abanetinimu+ bose hamwe n’abahungu b’abagaragu ba Salomo bari magana atatu na mirongo cyenda na babiri.+ Nehemiya 11:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 Abanetinimu+ batuye muri Ofeli,+ kandi Ziha na Gishipa ni bo bari abatware b’Abanetinimu. Esiteri 8:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Mu ntara zose no mu migi yose aho ijambo ry’umwami n’itegeko rye byageraga, Abayahudi barishimaga bakanezerwa, bakagira ibirori+ n’umunsi mukuru, maze abantu benshi+ bo muri icyo gihugu biyita Abayahudi+ kuko Abayahudi bari babateye ubwoba.+ Yesaya 56:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 “Abanyamahanga bari mu ruhande rwa Yehova kugira ngo bamukorere,+ bakunde izina rya Yehova+ kandi babe abagaragu be, mbese abaziririza isabato bose ntibayihumanye, bagakomeza isezerano ryanjye,+ Yesaya 60:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Amahanga azagana urumuri rwawe,+ n’abami+ bagane umucyo w’urumuri rwawe.+ Zekariya 8:22 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 22 Amoko menshi n’amahanga akomeye azaza gushaka Yehova nyir’ingabo i Yerusalemu+ no guhendahenda Yehova.’ Zekariya 8:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 “Yehova nyir’ingabo aravuze ati ‘muri iyo minsi, abantu icumi bavuye mu mahanga y’indimi zose+ bazafata+ ikinyita cy’umwambaro w’Umuyahudi+ bavuge bati “turajyana namwe+ kuko twumvise ko Imana iri kumwe namwe.”’”+
58 Abanetinimu+ bose hamwe n’abahungu b’abagaragu ba Salomo bari magana atatu na mirongo cyenda na babiri.+
17 Mu ntara zose no mu migi yose aho ijambo ry’umwami n’itegeko rye byageraga, Abayahudi barishimaga bakanezerwa, bakagira ibirori+ n’umunsi mukuru, maze abantu benshi+ bo muri icyo gihugu biyita Abayahudi+ kuko Abayahudi bari babateye ubwoba.+
6 “Abanyamahanga bari mu ruhande rwa Yehova kugira ngo bamukorere,+ bakunde izina rya Yehova+ kandi babe abagaragu be, mbese abaziririza isabato bose ntibayihumanye, bagakomeza isezerano ryanjye,+
22 Amoko menshi n’amahanga akomeye azaza gushaka Yehova nyir’ingabo i Yerusalemu+ no guhendahenda Yehova.’
23 “Yehova nyir’ingabo aravuze ati ‘muri iyo minsi, abantu icumi bavuye mu mahanga y’indimi zose+ bazafata+ ikinyita cy’umwambaro w’Umuyahudi+ bavuge bati “turajyana namwe+ kuko twumvise ko Imana iri kumwe namwe.”’”+