2 Abami 25:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Ziramufata+ zimushyira umwami w’i Babuloni i Ribula,+ kugira ngo amucire urubanza. 2 Ibyo ku Ngoma 36:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Nuko abateza umwami w’Abakaludaya+ yicishiriza inkota+ abasore mu rusengero rwabo,+ ntiyagirira impuhwe abasore n’inkumi, abakuze n’abasaza rukukuri.+ Bose Imana yabahanye mu maboko ye. Yeremiya 37:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Nuko Umwami Sedekiya atuma abantu baramuzana, amubariza mu nzu ye bari ahantu hiherereye,+ ati “mbese hari ijambo ryaturutse kuri Yehova?” Yeremiya aramusubiza ati “rirahari!” Yongeraho ati “uzahanwa mu maboko y’umwami w’i Babuloni!”+ Yeremiya 39:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Nuko ingabo z’Abakaludaya zirabakurikira,+ zifatira Sedekiya mu bibaya byo mu butayu bw’i Yeriko.+ Zimaze kumufata zimushyira Nebukadinezari umwami w’i Babuloni i Ribula+ mu gihugu cya Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+ Yeremiya 52:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Nuko ziramufata zimushyira umwami w’i Babuloni+ i Ribula+ mu gihugu cy’i Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+ Ezekiyeli 17:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Nzamutega urushundura rwanjye kandi azarufatirwamo;+ nzamujyana i Babuloni mburanireyo na we bitewe n’ibikorwa by’ubuhemu yankoreye.+
17 Nuko abateza umwami w’Abakaludaya+ yicishiriza inkota+ abasore mu rusengero rwabo,+ ntiyagirira impuhwe abasore n’inkumi, abakuze n’abasaza rukukuri.+ Bose Imana yabahanye mu maboko ye.
17 Nuko Umwami Sedekiya atuma abantu baramuzana, amubariza mu nzu ye bari ahantu hiherereye,+ ati “mbese hari ijambo ryaturutse kuri Yehova?” Yeremiya aramusubiza ati “rirahari!” Yongeraho ati “uzahanwa mu maboko y’umwami w’i Babuloni!”+
5 Nuko ingabo z’Abakaludaya zirabakurikira,+ zifatira Sedekiya mu bibaya byo mu butayu bw’i Yeriko.+ Zimaze kumufata zimushyira Nebukadinezari umwami w’i Babuloni i Ribula+ mu gihugu cya Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+
9 Nuko ziramufata zimushyira umwami w’i Babuloni+ i Ribula+ mu gihugu cy’i Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+
20 Nzamutega urushundura rwanjye kandi azarufatirwamo;+ nzamujyana i Babuloni mburanireyo na we bitewe n’ibikorwa by’ubuhemu yankoreye.+