32 Yehova na we aravuga ati ‘ngiye guhagurukira Shemaya+ w’i Nehelamu n’urubyaro rwe.’+
“‘“‘Ntazagira uwo mu rubyaro rwe utura muri ubu bwoko,+ kandi ntazabona ibyiza nzakorera ubwoko bwanjye,’+ ni ko Yehova avuga, ‘kuko yavuze ku mugaragaro ibyo kugomera Yehova.’”’”+