2 Mu gitebo kimwe harimo imbuto z’umutini nziza cyane, zimeze nk’imbuto za mbere z’umutini,+ mu kindi gitebo harimo imbuto z’umutini mbi cyane ku buryo zitaribwa, kuko ari mbi.
8 “‘Kandi kimwe n’imbuto mbi z’umutini zitaribwa kuko ari mbi,+ uku ni ko Yehova avuga ati “nanjye nzatanga Sedekiya+ umwami w’u Buyuda n’abatware be n’abasigaye b’i Yerusalemu basigaye muri iki gihugu+ n’abatuye mu gihugu cya Egiputa+ . . .