23 Bazaza bitwaje umuheto n’icumu.+ Ni ishyanga ry’abagome, kandi nta we bazagirira impuhwe. Ikiriri cyabo kizaba kimeze nk’inyanja ihorera,+ kandi bazaza bagendera ku mafarashi.+ Biteguye urugamba nk’umugabo w’intwari kugira ngo bakurwanye, yewe mukobwa w’i Siyoni we.”+