Matayo 26:28 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 28 kuko iki kigereranya+ ‘amaraso+ yanjye y’isezerano,’+ agomba kumenwa ku bwa benshi+ kugira ngo bababarirwe ibyaha.+ Mariko 14:24 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 24 Arababwira ati “iki kigereranya ‘amaraso yanjye+ y’isezerano,’+ agomba kumenwa+ ku bwa benshi.+ Luka 22:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 N’igikombe+ na cyo akigenza atyo bamaze gufata ifunguro rya nimugoroba, aravuga ati “iki gikombe kigereranya isezerano rishya+ rishingiye ku maraso+ yanjye agomba kumenwa ku bwanyu.+ 1 Abakorinto 11:25 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 25 N’igikombe na cyo+ akigenza atyo, amaze gufata ifunguro rya nimugoroba, aravuga ati “iki gikombe kigereranya isezerano rishya+ rishingiye ku maraso yanjye.+ Mujye mukomeza gukora mutya munyibuka+ igihe cyose mukinyweraho.” Abaheburayo 8:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Imana yagaye abantu igihe yavugaga iti “‘dore iminsi izaza,’ ni ko Yehova avuga, ‘ubwo nzasezerana n’inzu ya Isirayeli n’inzu ya Yuda isezerano rishya,+ Abaheburayo 10:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 “‘iri ni ryo sezerano nzasezerana na bo nyuma y’iyo minsi,’ ni ko Yehova avuga, ‘nzashyira amategeko yanjye mu mitima yabo kandi nzayandika mu bwenge bwabo,’”+
28 kuko iki kigereranya+ ‘amaraso+ yanjye y’isezerano,’+ agomba kumenwa ku bwa benshi+ kugira ngo bababarirwe ibyaha.+
20 N’igikombe+ na cyo akigenza atyo bamaze gufata ifunguro rya nimugoroba, aravuga ati “iki gikombe kigereranya isezerano rishya+ rishingiye ku maraso+ yanjye agomba kumenwa ku bwanyu.+
25 N’igikombe na cyo+ akigenza atyo, amaze gufata ifunguro rya nimugoroba, aravuga ati “iki gikombe kigereranya isezerano rishya+ rishingiye ku maraso yanjye.+ Mujye mukomeza gukora mutya munyibuka+ igihe cyose mukinyweraho.”
8 Imana yagaye abantu igihe yavugaga iti “‘dore iminsi izaza,’ ni ko Yehova avuga, ‘ubwo nzasezerana n’inzu ya Isirayeli n’inzu ya Yuda isezerano rishya,+
16 “‘iri ni ryo sezerano nzasezerana na bo nyuma y’iyo minsi,’ ni ko Yehova avuga, ‘nzashyira amategeko yanjye mu mitima yabo kandi nzayandika mu bwenge bwabo,’”+