Intangiriro 25:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Aya ni yo mazina ya bene Ishimayeli nk’uko imiryango bakomokamo iri: imfura ya Ishimayeli ni Nebayoti,+ agakurikirwa na Kedari+ na Adibeli na Mibusamu+ 1 Ibyo ku Ngoma 1:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 Iyi ni yo miryango ibakomokaho: Imfura ya Ishimayeli ni Nebayoti,+ agakurikirwa na Kedari+ na Adibeli na Mibusamu+ Yesaya 42:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Ubutayu+ n’imigi nibirangurure amajwi yabyo, hamwe n’imidugudu ituwe n’Abakedari.+ Abatuye ku rutare+ nibarangurure ijwi ry’ibyishimo. Abantu nibarangururire amajwi yabo ku mpinga z’imisozi. Yeremiya 2:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 “‘Ariko nimwambuke mujye ku nkombe z’i Kitimu+ maze murebe. Ni koko, nimwohereze ubutumwa i Kedari+ kandi mubitekerezeho cyane, murebe niba hari ibintu nk’ibi byigeze kubaho.+ Ezekiyeli 27:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 Abarabu+ n’abatware bose b’i Kedari+ baragucururizaga. Bagucururizaga amasekurume y’intama akiri mato n’amapfizi y’intama n’amasekurume y’ihene.+
13 Aya ni yo mazina ya bene Ishimayeli nk’uko imiryango bakomokamo iri: imfura ya Ishimayeli ni Nebayoti,+ agakurikirwa na Kedari+ na Adibeli na Mibusamu+
29 Iyi ni yo miryango ibakomokaho: Imfura ya Ishimayeli ni Nebayoti,+ agakurikirwa na Kedari+ na Adibeli na Mibusamu+
11 Ubutayu+ n’imigi nibirangurure amajwi yabyo, hamwe n’imidugudu ituwe n’Abakedari.+ Abatuye ku rutare+ nibarangurure ijwi ry’ibyishimo. Abantu nibarangururire amajwi yabo ku mpinga z’imisozi.
10 “‘Ariko nimwambuke mujye ku nkombe z’i Kitimu+ maze murebe. Ni koko, nimwohereze ubutumwa i Kedari+ kandi mubitekerezeho cyane, murebe niba hari ibintu nk’ibi byigeze kubaho.+
21 Abarabu+ n’abatware bose b’i Kedari+ baragucururizaga. Bagucururizaga amasekurume y’intama akiri mato n’amapfizi y’intama n’amasekurume y’ihene.+