1 Samweli 16:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Ariko Yehova abwira Samweli ati “nturebe uko asa n’igihagararo cye;+ namugaye. Imana ntireba nk’uko abantu bareba,+ kuko abantu bareba ibigaragarira amaso,+ ariko Yehova we akareba umutima.”+ 1 Ibyo ku Ngoma 28:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 “None Salomo mwana wanjye, umenye+ Imana ya so uyikorere+ n’umutima wuzuye+ kandi wishimye,+ kuko Yehova agenzura imitima+ yose akamenya ibyo umutima utekereza n’ibyo wifuza.+ Numushaka uzamubona,+ ariko numuta+ na we azakureka burundu.+ Zab. 7:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Ndakwinginze, ububi bw’abakora ibibi niburangire,+Kandi ushyigikire umukiranutsi.+ Imana ikiranuka+ ni yo igenzura umutima+ n’impyiko.*+ Imigani 11:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Yehova yanga urunuka ab’imitima igoramye,+ ariko abakomeza kuba inyangamugayo mu nzira zabo baramushimisha.+ Yeremiya 17:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Jyewe Yehova, ni jye ugenzura umutima+ nkagenzura n’impyiko,+ nkitura umuntu wese ibihwanye n’inzira ze,+ nkamwitura ibihwanye n’imbuto z’imigenzereze ye.+ Yeremiya 20:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Nyamara wowe Yehova nyir’ingabo, ni wowe ugenzura umukiranutsi;+ ureba impyiko n’umutima.+ Icyampa nkareba uko uzabahora,+ kuko ari wowe nabwiye ikirego cyanjye.+ Ibyahishuwe 2:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Abana be nzabicisha icyorezo cy’indwara yica, ku buryo amatorero yose azamenya ko ari jye ugenzura impyiko* n’imitima, kandi nzaha buri wese muri mwe ibihuje n’ibikorwa byanyu.+
7 Ariko Yehova abwira Samweli ati “nturebe uko asa n’igihagararo cye;+ namugaye. Imana ntireba nk’uko abantu bareba,+ kuko abantu bareba ibigaragarira amaso,+ ariko Yehova we akareba umutima.”+
9 “None Salomo mwana wanjye, umenye+ Imana ya so uyikorere+ n’umutima wuzuye+ kandi wishimye,+ kuko Yehova agenzura imitima+ yose akamenya ibyo umutima utekereza n’ibyo wifuza.+ Numushaka uzamubona,+ ariko numuta+ na we azakureka burundu.+
9 Ndakwinginze, ububi bw’abakora ibibi niburangire,+Kandi ushyigikire umukiranutsi.+ Imana ikiranuka+ ni yo igenzura umutima+ n’impyiko.*+
20 Yehova yanga urunuka ab’imitima igoramye,+ ariko abakomeza kuba inyangamugayo mu nzira zabo baramushimisha.+
10 Jyewe Yehova, ni jye ugenzura umutima+ nkagenzura n’impyiko,+ nkitura umuntu wese ibihwanye n’inzira ze,+ nkamwitura ibihwanye n’imbuto z’imigenzereze ye.+
12 Nyamara wowe Yehova nyir’ingabo, ni wowe ugenzura umukiranutsi;+ ureba impyiko n’umutima.+ Icyampa nkareba uko uzabahora,+ kuko ari wowe nabwiye ikirego cyanjye.+
23 Abana be nzabicisha icyorezo cy’indwara yica, ku buryo amatorero yose azamenya ko ari jye ugenzura impyiko* n’imitima, kandi nzaha buri wese muri mwe ibihuje n’ibikorwa byanyu.+