Yesaya 13:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 “Dore umunsi wa Yehova uraje; uje ari umunsi w’amakuba n’umujinya n’uburakari bugurumana, kugira ngo uhindure igihugu kibe icyo gutangarirwa,+ kandi utsembe abanyabyaha muri icyo gihugu.+ Yesaya 27:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Udushami twawo nitumara kuma, abagore bazaza batuvunagure badutwike,+ kuko ari ubwoko butagira ubwenge.+ Ni yo mpamvu Umuremyi wabwo atazabugirira imbabazi, kandi Uwabuhanze ntazabugaragariza ineza.+ Ezekiyeli 7:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Ijisho ryanjye ntirizakubabarira,+ kandi sinzakugirira impuhwe kuko nzakuryoza inzira zawe. Ibintu byawe byangwa urunuka bizaba muri wowe,+ kandi muzamenya ko ndi Yehova.’+ Ezekiyeli 24:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Jyewe Yehova ni jye wabivuze.+ Bizasohora+ kandi ni jye uzabikora. Sinzabyirengagiza+ cyangwa ngo ngire impuhwe,+ habe no kubyicuza.+ Bazagucira urubanza bakurikije inzira zawe n’imigenzereze yawe,’+ ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga.” Abaroma 2:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Ariko mu buryo buhuje no kwinangira kwawe+ n’umutima wawe utihana,+ wikururira umujinya+ wo ku munsi w’uburakari+ n’uwo guhishurwa+ k’urubanza rukiranuka rw’Imana.+
9 “Dore umunsi wa Yehova uraje; uje ari umunsi w’amakuba n’umujinya n’uburakari bugurumana, kugira ngo uhindure igihugu kibe icyo gutangarirwa,+ kandi utsembe abanyabyaha muri icyo gihugu.+
11 Udushami twawo nitumara kuma, abagore bazaza batuvunagure badutwike,+ kuko ari ubwoko butagira ubwenge.+ Ni yo mpamvu Umuremyi wabwo atazabugirira imbabazi, kandi Uwabuhanze ntazabugaragariza ineza.+
4 Ijisho ryanjye ntirizakubabarira,+ kandi sinzakugirira impuhwe kuko nzakuryoza inzira zawe. Ibintu byawe byangwa urunuka bizaba muri wowe,+ kandi muzamenya ko ndi Yehova.’+
14 Jyewe Yehova ni jye wabivuze.+ Bizasohora+ kandi ni jye uzabikora. Sinzabyirengagiza+ cyangwa ngo ngire impuhwe,+ habe no kubyicuza.+ Bazagucira urubanza bakurikije inzira zawe n’imigenzereze yawe,’+ ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga.”
5 Ariko mu buryo buhuje no kwinangira kwawe+ n’umutima wawe utihana,+ wikururira umujinya+ wo ku munsi w’uburakari+ n’uwo guhishurwa+ k’urubanza rukiranuka rw’Imana.+