Gutegeka kwa Kabiri 29:25 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 25 Bazabasubiza bati ‘byatewe n’uko baretse isezerano+ rya Yehova Imana ya ba sekuruza, iryo yagiranye na bo igihe yabakuraga mu gihugu cya Egiputa,+ Abacamanza 2:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Nuko bata Yehova Imana ya ba sekuruza yabakuye mu gihugu cya Egiputa,+ bakurikira izindi mana zo mu mahanga yari abakikije+ kandi barazunamira, barakaza Yehova.+ Nehemiya 9:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 “Nyamara banze kumvira+ maze bakwigomekaho,+ bakomeza gutera umugongo amategeko yawe,+ bica n’abahanuzi bawe+ bababuriraga ngo bakugarukire,+ kandi bakomeza gukora ibikorwa bikabije by’agasuzuguro.+ Yeremiya 2:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Abatambyi ntibigeze bavuga bati ‘Yehova ari he?’+ N’abashinzwe amategeko ntibigeze bamenya.+ Abungeri bancumuyeho,+ n’abahanuzi bahanura mu izina rya Bayali+ kandi bakurikira ibidashobora kugira icyo bibamarira.+ Yeremiya 5:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Nahera he nkubabarira ibyo bintu? Abana bawe barantaye kandi bakomeza kurahira+ ibitari Imana nyamana.+ Narabagaburiraga bagahaga,+ ariko bakomeje gusambana,+ bakirema imitwe bakajya mu nzu y’indaya. Yeremiya 22:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Bazavuga bati “byatewe n’uko bataye isezerano rya Yehova Imana yabo,+ bakunamira izindi mana bakazikorera.”’+
25 Bazabasubiza bati ‘byatewe n’uko baretse isezerano+ rya Yehova Imana ya ba sekuruza, iryo yagiranye na bo igihe yabakuraga mu gihugu cya Egiputa,+
12 Nuko bata Yehova Imana ya ba sekuruza yabakuye mu gihugu cya Egiputa,+ bakurikira izindi mana zo mu mahanga yari abakikije+ kandi barazunamira, barakaza Yehova.+
26 “Nyamara banze kumvira+ maze bakwigomekaho,+ bakomeza gutera umugongo amategeko yawe,+ bica n’abahanuzi bawe+ bababuriraga ngo bakugarukire,+ kandi bakomeza gukora ibikorwa bikabije by’agasuzuguro.+
8 Abatambyi ntibigeze bavuga bati ‘Yehova ari he?’+ N’abashinzwe amategeko ntibigeze bamenya.+ Abungeri bancumuyeho,+ n’abahanuzi bahanura mu izina rya Bayali+ kandi bakurikira ibidashobora kugira icyo bibamarira.+
7 Nahera he nkubabarira ibyo bintu? Abana bawe barantaye kandi bakomeza kurahira+ ibitari Imana nyamana.+ Narabagaburiraga bagahaga,+ ariko bakomeje gusambana,+ bakirema imitwe bakajya mu nzu y’indaya.
9 Bazavuga bati “byatewe n’uko bataye isezerano rya Yehova Imana yabo,+ bakunamira izindi mana bakazikorera.”’+