24 “‘Ariko umukiranutsi nareka gukiranuka kwe agakora ibyo gukiranirwa,+ agakomeza gukora ibintu byose byangwa urunuka nk’ibyo umuntu mubi akora+ kandi agakomeza kubaho, nta na kimwe mu byo gukiranuka byose yakoze kizibukwa.+ Azapfa azize ubuhemu bwe n’ibyaha yakoze.+