12 Abo ni intaza zihishe mu mazi iyo bari kumwe namwe mu isangira ryanyu ryo kugaragarizanya urukundo;+ ni abungeri bita ku nda zabo gusa nta gutinya;+ ni ibicu bitagira amazi bishushubikanywa+ n’umuyaga ubikoza hirya no hino;+ ni ibiti bitagira imbuto ku mwero wabyo, byapfuye kabiri, byaranduwe;+