Kuva 14:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Nzareka Farawo yinangire umutima+ kandi azabakurikira rwose, ariko nzihesha ikuzo binyuze kuri Farawo n’ingabo ze zose;+ kandi Abanyegiputa bazamenya ko ndi Yehova.”+ Nuko babigenza batyo. 2 Abami 19:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 None Yehova Mana yacu,+ dukize+ ukuboko kwe kugira ngo ubwami bwose bwo ku isi bumenye ko wowe Yehova ari wowe Mana wenyine.”+ Zab. 83:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Kugira ngo abantu bamenye+ ko wowe witwa Yehova,+Ari wowe wenyine Usumbabyose+ mu isi yose.+ Zab. 148:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Azashyira hejuru ihembe ry’ubwoko bwe,+Azashyira hejuru ishimwe ry’indahemuka ze zose,+ Ari ryo shimwe rya Isirayeli, ubwoko buri hafi ye.+Nimusingize Yah!+ Ezekiyeli 36:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 ‘Nzeza izina ryanjye rikomeye+ ryandavurijwe mu mahanga, iryo mwandavurije muri yo; kandi amahanga azamenya ko ndi Yehova,’+ ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga, ‘igihe nziyerekana muri mwe imbere yayo ko ndi uwera.+ Ezekiyeli 39:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 “‘Nzagaragariza ikuzo ryanjye mu mahanga, kandi amahanga yose azabona urubanza nashohoje,+ n’imbaraga z’ukuboko kwanjye nzagaragariza muri yo.+ Matayo 6:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 “Ku bw’ibyo rero, mujye musenga mutya+ muti “‘Data uri mu ijuru, izina ryawe+ niryezwe.+
4 Nzareka Farawo yinangire umutima+ kandi azabakurikira rwose, ariko nzihesha ikuzo binyuze kuri Farawo n’ingabo ze zose;+ kandi Abanyegiputa bazamenya ko ndi Yehova.”+ Nuko babigenza batyo.
19 None Yehova Mana yacu,+ dukize+ ukuboko kwe kugira ngo ubwami bwose bwo ku isi bumenye ko wowe Yehova ari wowe Mana wenyine.”+
14 Azashyira hejuru ihembe ry’ubwoko bwe,+Azashyira hejuru ishimwe ry’indahemuka ze zose,+ Ari ryo shimwe rya Isirayeli, ubwoko buri hafi ye.+Nimusingize Yah!+
23 ‘Nzeza izina ryanjye rikomeye+ ryandavurijwe mu mahanga, iryo mwandavurije muri yo; kandi amahanga azamenya ko ndi Yehova,’+ ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga, ‘igihe nziyerekana muri mwe imbere yayo ko ndi uwera.+
21 “‘Nzagaragariza ikuzo ryanjye mu mahanga, kandi amahanga yose azabona urubanza nashohoje,+ n’imbaraga z’ukuboko kwanjye nzagaragariza muri yo.+