Yobu 19:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Mumenye ko Imana ari yo yanyobeje,Ikamfungira mu rushundura ihigisha.+ Zab. 66:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Watugushije mu rushundura rw’abahigi;+Wadutsikamije ibyago. Yeremiya 52:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Nuko ziramufata zimushyira umwami w’i Babuloni+ i Ribula+ mu gihugu cy’i Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+ Amaganya 1:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Yohereje umuriro mu magufwa yanjye uturutse hejuru,+ ayigarurira yose. Yateze ibirenge byanjye urushundura,+ ansubiza inyuma. Yangize nk’umugore w’intabwa. Umunsi wose mba ndwaye.+ Ezekiyeli 17:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Nzamutega urushundura rwanjye kandi azarufatirwamo;+ nzamujyana i Babuloni mburanireyo na we bitewe n’ibikorwa by’ubuhemu yankoreye.+ Ezekiyeli 19:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Nuko amahanga yose yari agikikije agitera aturutse mu ntara zayo arakirwanya,+ agitega urushundura rwayo+ maze gifatirwa mu rwobo rwayo.+ Ezekiyeli 32:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 “Umwami w’Ikirenga Yehova aravuga ati ‘nzakugabiza iteraniro ry’abantu benshi bagutege urushundura rwanjye,+ maze bagukururire mu muraga wanjye.+ Hoseya 5:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 “Nimwumve ibi mwa batambyi mwe;+ nimubyitondere mwa b’inzu ya Isirayeli mwe; namwe ab’inzu y’umwami,+ nimutege amatwi, kuko mugiye gucirwa urubanza bitewe n’uko mwahindutse umutego+ i Misipa, mukamera nk’urushundura rutezwe i Tabori.+ Hoseya 7:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 “Aho bazanyura hose nzabatega urushundura rwanjye,+ mbahanure nk’uhanura ibiguruka byo mu kirere.+ Nzabahana nkurikije umuburo wahawe iteraniro ryabo.+ Luka 21:35 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 umeze nk’umutego,+ kuko uzagera ku bantu bose batuye ku isi hose.+
9 Nuko ziramufata zimushyira umwami w’i Babuloni+ i Ribula+ mu gihugu cy’i Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+
13 Yohereje umuriro mu magufwa yanjye uturutse hejuru,+ ayigarurira yose. Yateze ibirenge byanjye urushundura,+ ansubiza inyuma. Yangize nk’umugore w’intabwa. Umunsi wose mba ndwaye.+
20 Nzamutega urushundura rwanjye kandi azarufatirwamo;+ nzamujyana i Babuloni mburanireyo na we bitewe n’ibikorwa by’ubuhemu yankoreye.+
8 Nuko amahanga yose yari agikikije agitera aturutse mu ntara zayo arakirwanya,+ agitega urushundura rwayo+ maze gifatirwa mu rwobo rwayo.+
3 “Umwami w’Ikirenga Yehova aravuga ati ‘nzakugabiza iteraniro ry’abantu benshi bagutege urushundura rwanjye,+ maze bagukururire mu muraga wanjye.+
5 “Nimwumve ibi mwa batambyi mwe;+ nimubyitondere mwa b’inzu ya Isirayeli mwe; namwe ab’inzu y’umwami,+ nimutege amatwi, kuko mugiye gucirwa urubanza bitewe n’uko mwahindutse umutego+ i Misipa, mukamera nk’urushundura rutezwe i Tabori.+
12 “Aho bazanyura hose nzabatega urushundura rwanjye,+ mbahanure nk’uhanura ibiguruka byo mu kirere.+ Nzabahana nkurikije umuburo wahawe iteraniro ryabo.+