Intangiriro 38:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Nuko anyura ku ruhande amusanga aho yari ari ku nzira aramubwira ati “ndakwinginze, nyemerera turyamane.”+ Ntiyari azi ko ari umukazana we.+ Ariko Tamari aramubaza ati “urampa iki ngo turyamane?”+ Gutegeka kwa Kabiri 23:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Ntukazane mu nzu ya Yehova Imana yawe amafaranga yishyuwe+ indaya cyangwa ikiguzi cy’imbwa*+ kugira ngo uhigure umuhigo uwo ari wo wose, kuko ibyo byombi ari ibizira Yehova Imana yawe yanga urunuka. Hoseya 2:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Nzarimbura imizabibu ye+ n’imitini ye,+ ibyo yavugaga ati “ni impano nahawe n’abakunzi banjye.” Nzabihindura ibihuru,+ inyamaswa zo mu gasozi zibirishe. Luka 15:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 Ariko uyu muhungu wawe+ wariye ibyawe byose akabimarira mu ndaya,+ akigera aha umubagira ikimasa cy’umushishe.’+
16 Nuko anyura ku ruhande amusanga aho yari ari ku nzira aramubwira ati “ndakwinginze, nyemerera turyamane.”+ Ntiyari azi ko ari umukazana we.+ Ariko Tamari aramubaza ati “urampa iki ngo turyamane?”+
18 Ntukazane mu nzu ya Yehova Imana yawe amafaranga yishyuwe+ indaya cyangwa ikiguzi cy’imbwa*+ kugira ngo uhigure umuhigo uwo ari wo wose, kuko ibyo byombi ari ibizira Yehova Imana yawe yanga urunuka.
12 Nzarimbura imizabibu ye+ n’imitini ye,+ ibyo yavugaga ati “ni impano nahawe n’abakunzi banjye.” Nzabihindura ibihuru,+ inyamaswa zo mu gasozi zibirishe.
30 Ariko uyu muhungu wawe+ wariye ibyawe byose akabimarira mu ndaya,+ akigera aha umubagira ikimasa cy’umushishe.’+