Abalewi 20:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 “‘Nihagira umuntu uvuma se cyangwa nyina+ azicwe.+ Azaba avumye se cyangwa nyina. Amaraso ye azamubarweho.+ Abalewi 20:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 “‘Umushitsi cyangwa umupfumu,+ yaba umugabo cyangwa umugore, azicwe.+ Bazabatere amabuye babice. Amaraso yabo azababarweho.’”+ Ezekiyeli 3:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Nimbwira umuntu mubi nti ‘gupfa ko uzapfa,’+ nawe ntumuburire, ngo ugire icyo uvuga uburira umuntu mubi kugira ngo areke inzira ye mbi abone kubaho,+ uwo muntu mubi azapfira mu cyaha cye,+ ariko ni wowe nzaryoza amaraso ye.+ Ezekiyeli 33:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 hakagira uwumva ijwi ry’ihembe ariko ntiyite ku muburo+ hanyuma inkota ikaza ikamuhitana, amaraso ye azaba ku mutwe we.+ Ibyakozwe 18:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Ariko bakomeje kumurwanya no kumutuka,+ akunkumura imyenda+ ye, arababwira ati “amaraso yanyu+ abe ku mitwe yanyu. Ndi umwere.+ Uhereye ubu, ngiye ku banyamahanga.”+
9 “‘Nihagira umuntu uvuma se cyangwa nyina+ azicwe.+ Azaba avumye se cyangwa nyina. Amaraso ye azamubarweho.+
27 “‘Umushitsi cyangwa umupfumu,+ yaba umugabo cyangwa umugore, azicwe.+ Bazabatere amabuye babice. Amaraso yabo azababarweho.’”+
18 Nimbwira umuntu mubi nti ‘gupfa ko uzapfa,’+ nawe ntumuburire, ngo ugire icyo uvuga uburira umuntu mubi kugira ngo areke inzira ye mbi abone kubaho,+ uwo muntu mubi azapfira mu cyaha cye,+ ariko ni wowe nzaryoza amaraso ye.+
4 hakagira uwumva ijwi ry’ihembe ariko ntiyite ku muburo+ hanyuma inkota ikaza ikamuhitana, amaraso ye azaba ku mutwe we.+
6 Ariko bakomeje kumurwanya no kumutuka,+ akunkumura imyenda+ ye, arababwira ati “amaraso yanyu+ abe ku mitwe yanyu. Ndi umwere.+ Uhereye ubu, ngiye ku banyamahanga.”+