25 Ntibikabeho ko wakora ibintu nk’ibyo ngo urimburane umukiranutsi n’umunyabyaha, ku buryo ibyaba ku mukiranutsi ari na byo byaba ku munyabyaha!+ Oya, ntibikabeho ko wagenza utyo.+ Mbese Umucamanza w’isi yose ntazakora ibikwiriye?”+
14 Ni nde yagishije inama kugira ngo agire icyo amufasha gusobanukirwa, cyangwa se ni nde umwigisha kugendera mu nzira y’ubutabera, akamwigisha ubwenge+ cyangwa agatuma amenya inzira y’ubuhanga nyakuri?+