Kubara 22:32 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 32 Nuko umumarayika wa Yehova aramubaza ati “kuki wakubise indogobe yawe incuro eshatu zose? Jye ubwanjye naje kugutangira, kuko urugendo rwawe rudahuje n’ibyo nshaka.+ Gutegeka kwa Kabiri 33:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Yaravuze ati“Yehova yaje aturutse kuri Sinayi,+Abarasira aturutse i Seyiri.+Yabamurikiye aturutse mu misozi miremire y’i Parani,+Ari kumwe n’abera uduhumbi n’uduhumbagiza,+Iburyo bwe hari ingabo.+ Zab. 89:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Imana ikwiriye kubahwa mu nkoramutima z’abera;+Irakomeye kandi iteye ubwoba kurusha abayikikije bose.+ Daniyeli 4:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 “‘Nakomeje kwitegereza ibyo nerekwaga ndyamye ku buriri bwanjye, maze ngiye kubona mbona haje umurinzi,+ uwera,+ aturutse mu ijuru. Daniyeli 8:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Nuko numva uwera+ avuga, maze numva undi wera abaza uwo wavugaga ati “iyerekwa ryerekeye igitambo gihoraho+ n’igicumuro kirimbura,+ no gusiribangwa kw’ahera n’ingabo, rizageza ryari?”+ Matayo 18:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Mwirinde mutagira uwo muri aba bato musuzugura, kuko ndababwira ko abamarayika babo+ bo mu ijuru bahora bareba mu maso ha Data uri mu ijuru.+ Ibyakozwe 10:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Umunsi ugeze nko ku isaha ya cyenda,+ abona mu iyerekwa+ umumarayika+ w’Imana aje aho ari agaragara neza, aramubwira ati “Koruneliyo!” Ibyakozwe 12:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Ako kanya umumarayika wa Yehova aramukubita,+ kuko atari yahaye Imana icyubahiro.+ Nuko atangira kugwa inyo maze arapfa.
32 Nuko umumarayika wa Yehova aramubaza ati “kuki wakubise indogobe yawe incuro eshatu zose? Jye ubwanjye naje kugutangira, kuko urugendo rwawe rudahuje n’ibyo nshaka.+
2 Yaravuze ati“Yehova yaje aturutse kuri Sinayi,+Abarasira aturutse i Seyiri.+Yabamurikiye aturutse mu misozi miremire y’i Parani,+Ari kumwe n’abera uduhumbi n’uduhumbagiza,+Iburyo bwe hari ingabo.+
7 Imana ikwiriye kubahwa mu nkoramutima z’abera;+Irakomeye kandi iteye ubwoba kurusha abayikikije bose.+
13 “‘Nakomeje kwitegereza ibyo nerekwaga ndyamye ku buriri bwanjye, maze ngiye kubona mbona haje umurinzi,+ uwera,+ aturutse mu ijuru.
13 Nuko numva uwera+ avuga, maze numva undi wera abaza uwo wavugaga ati “iyerekwa ryerekeye igitambo gihoraho+ n’igicumuro kirimbura,+ no gusiribangwa kw’ahera n’ingabo, rizageza ryari?”+
10 Mwirinde mutagira uwo muri aba bato musuzugura, kuko ndababwira ko abamarayika babo+ bo mu ijuru bahora bareba mu maso ha Data uri mu ijuru.+
3 Umunsi ugeze nko ku isaha ya cyenda,+ abona mu iyerekwa+ umumarayika+ w’Imana aje aho ari agaragara neza, aramubwira ati “Koruneliyo!”
23 Ako kanya umumarayika wa Yehova aramukubita,+ kuko atari yahaye Imana icyubahiro.+ Nuko atangira kugwa inyo maze arapfa.