Zab. 28:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Yehova ni imbaraga zanjye+ n’ingabo inkingira.+Ni we umutima wanjye wiringira,+Kandi yaramfashije none umutima wanjye uranezerewe.+Nzamuririmbira indirimbo yo kumusingiza.+ Yesaya 12:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 “Mwa batuye i Siyoni mwe, mutere hejuru kandi murangurure amajwi y’ibyishimo, kuko Uwera wa Isirayeli uri hagati yanyu akomeye.”+ Yesaya 41:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Uzabagosora+ maze batwarwe n’umuyaga,+ umuyaga w’ishuheri ubatatanyirize mu byerekezo bitandukanye.+ Ariko wowe uzishimira Yehova,+ wiratane Uwera wa Isirayeli.”+ Yesaya 61:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Nta kizambuza kwishimira Yehova.+ Ubugingo bwanjye buzishimira Imana yanjye+ kuko yanyambitse imyambaro y’agakiza,+ ikanyambika ikanzu yo gukiranuka,+ nk’uko umukwe yambara igitambaro cyo mu mutwe+ nk’umutambyi, nk’uko umugeni yambara ibintu by’umurimbo.+ Habakuki 3:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Jyeweho sinzabura kwishimira Yehova;+ nzanezererwa Imana y’agakiza kanjye.+ Zekariya 10:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Abefurayimu bazamera nk’umunyambaraga,+ imitima yabo yishime nk’ishimishijwe na divayi.+ Abana babo bazabireba banezerwe,+ imitima yabo izishimira Yehova.+
7 Yehova ni imbaraga zanjye+ n’ingabo inkingira.+Ni we umutima wanjye wiringira,+Kandi yaramfashije none umutima wanjye uranezerewe.+Nzamuririmbira indirimbo yo kumusingiza.+
6 “Mwa batuye i Siyoni mwe, mutere hejuru kandi murangurure amajwi y’ibyishimo, kuko Uwera wa Isirayeli uri hagati yanyu akomeye.”+
16 Uzabagosora+ maze batwarwe n’umuyaga,+ umuyaga w’ishuheri ubatatanyirize mu byerekezo bitandukanye.+ Ariko wowe uzishimira Yehova,+ wiratane Uwera wa Isirayeli.”+
10 Nta kizambuza kwishimira Yehova.+ Ubugingo bwanjye buzishimira Imana yanjye+ kuko yanyambitse imyambaro y’agakiza,+ ikanyambika ikanzu yo gukiranuka,+ nk’uko umukwe yambara igitambaro cyo mu mutwe+ nk’umutambyi, nk’uko umugeni yambara ibintu by’umurimbo.+
7 Abefurayimu bazamera nk’umunyambaraga,+ imitima yabo yishime nk’ishimishijwe na divayi.+ Abana babo bazabireba banezerwe,+ imitima yabo izishimira Yehova.+