Zab. 112:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 112 Nimusingize Yah!+ א [Alefu]Hahirwa umuntu utinya Yehova,+ ב [Beti]Akishimira cyane+ amategeko ye.+ Imigani 1:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Gutinya Yehova ni intangiriro yo kugira ubumenyi.+ Abapfapfa bahinyura ubwenge kandi ntibemera guhanwa.+ Umubwiriza 12:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Kubera ko ibintu byose byumviswe, dore umwanzuro: ujye utinya Imana y’ukuri+ kandi ukomeze amategeko yayo,+ kuko ibyo ari byo buri muntu asabwa. Ibyakozwe 9:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 Hanyuma itorero+ ryo muri Yudaya hose n’i Galilaya n’i Samariya ryinjira mu gihe cy’amahoro, rirakomera. Uko ryagendaga ritinya Yehova+ kandi rikagendera mu ihumure ry’umwuka wera,+ ni na ko ryakomezaga kwiyongera. Abaheburayo 12:28 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 28 Ku bw’ibyo rero, ubwo tuzahabwa ubwami budashobora kunyeganyezwa,+ nimucyo dukomeze kugira ubuntu butagereranywa, ari bwo butuma dukorera Imana umurimo wera mu buryo yemera, tuyitinya kandi tuyubaha.+
112 Nimusingize Yah!+ א [Alefu]Hahirwa umuntu utinya Yehova,+ ב [Beti]Akishimira cyane+ amategeko ye.+
7 Gutinya Yehova ni intangiriro yo kugira ubumenyi.+ Abapfapfa bahinyura ubwenge kandi ntibemera guhanwa.+
13 Kubera ko ibintu byose byumviswe, dore umwanzuro: ujye utinya Imana y’ukuri+ kandi ukomeze amategeko yayo,+ kuko ibyo ari byo buri muntu asabwa.
31 Hanyuma itorero+ ryo muri Yudaya hose n’i Galilaya n’i Samariya ryinjira mu gihe cy’amahoro, rirakomera. Uko ryagendaga ritinya Yehova+ kandi rikagendera mu ihumure ry’umwuka wera,+ ni na ko ryakomezaga kwiyongera.
28 Ku bw’ibyo rero, ubwo tuzahabwa ubwami budashobora kunyeganyezwa,+ nimucyo dukomeze kugira ubuntu butagereranywa, ari bwo butuma dukorera Imana umurimo wera mu buryo yemera, tuyitinya kandi tuyubaha.+