Ibyakozwe 1:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Ariko muzahabwa imbaraga+ umwuka wera nubazaho, kandi muzambera abahamya+ i Yerusalemu+ n’i Yudaya n’i Samariya+ no kugera mu turere twa kure cyane tw’isi.”+ Abaroma 10:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Icyakora ndabaza niba batarumvise. Yee, mu by’ukuri, “ijwi ryabo ryageze mu isi yose,+ kandi amagambo yabo yageze ku mpera z’isi yose ituwe.”+ Abaroma 11:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Ubu noneho ndabwira mwebwe abanyamahanga. Mu by’ukuri ndi intumwa+ ku banyamahanga+ kandi nubahisha+ umurimo wanjye,+ Ibyahishuwe 14:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Nuko mbona undi mumarayika aguruka aringanije ijuru,+ kandi yari afite ubutumwa bwiza+ bw’iteka kugira ngo abutangaze bube inkuru ishimishije ku batuye ku isi, n’amahanga yose n’imiryango yose n’indimi zose n’amoko yose.+
8 Ariko muzahabwa imbaraga+ umwuka wera nubazaho, kandi muzambera abahamya+ i Yerusalemu+ n’i Yudaya n’i Samariya+ no kugera mu turere twa kure cyane tw’isi.”+
18 Icyakora ndabaza niba batarumvise. Yee, mu by’ukuri, “ijwi ryabo ryageze mu isi yose,+ kandi amagambo yabo yageze ku mpera z’isi yose ituwe.”+
13 Ubu noneho ndabwira mwebwe abanyamahanga. Mu by’ukuri ndi intumwa+ ku banyamahanga+ kandi nubahisha+ umurimo wanjye,+
6 Nuko mbona undi mumarayika aguruka aringanije ijuru,+ kandi yari afite ubutumwa bwiza+ bw’iteka kugira ngo abutangaze bube inkuru ishimishije ku batuye ku isi, n’amahanga yose n’imiryango yose n’indimi zose n’amoko yose.+