Zab. 7:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Ndakwinginze, ububi bw’abakora ibibi niburangire,+Kandi ushyigikire umukiranutsi.+ Imana ikiranuka+ ni yo igenzura umutima+ n’impyiko.*+ Matayo 9:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Yesu amenye ibyo batekereza+ arababaza ati “kuki mutekereza ibintu bibi mu mitima yanyu?+ Luka 6:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Ariko amenya ibyo batekereza,+ nyamara abwira uwo mugabo unyunyutse ukuboko ati “haguruka uhagarare hano hagati.” Nuko arahaguruka arahagarara.+ Abaheburayo 4:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Nta cyaremwe kitagaragara imbere yayo,+ ahubwo ibintu byose byambaye ubusa kandi biratwikuruwe imbere y’amaso y’uzatubaza ibyo twakoze.+ Ibyahishuwe 2:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Abana be nzabicisha icyorezo cy’indwara yica, ku buryo amatorero yose azamenya ko ari jye ugenzura impyiko* n’imitima, kandi nzaha buri wese muri mwe ibihuje n’ibikorwa byanyu.+
9 Ndakwinginze, ububi bw’abakora ibibi niburangire,+Kandi ushyigikire umukiranutsi.+ Imana ikiranuka+ ni yo igenzura umutima+ n’impyiko.*+
8 Ariko amenya ibyo batekereza,+ nyamara abwira uwo mugabo unyunyutse ukuboko ati “haguruka uhagarare hano hagati.” Nuko arahaguruka arahagarara.+
13 Nta cyaremwe kitagaragara imbere yayo,+ ahubwo ibintu byose byambaye ubusa kandi biratwikuruwe imbere y’amaso y’uzatubaza ibyo twakoze.+
23 Abana be nzabicisha icyorezo cy’indwara yica, ku buryo amatorero yose azamenya ko ari jye ugenzura impyiko* n’imitima, kandi nzaha buri wese muri mwe ibihuje n’ibikorwa byanyu.+