3 Ntihakagire ubashuka mu buryo ubwo ari bwo bwose, kuko utazaza hatabanje kubaho ubuhakanyi,+ n’umuntu ukora iby’ubwicamategeko+ agahishurwa,+ ari we mwana wo kurimbuka.+
9 Icyo kiyoka kinini+ kijugunywa hasi, ni cyo ya nzoka ya kera+ yitwa Satani+ Usebanya,+ ari na cyo kiyobya isi yose ituwe.+ Nuko kijugunywa ku isi,+ abamarayika bacyo na bo bajugunyanwa na cyo.