Intangiriro 45:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Ubwo rero, si mwe mwanyohereje ino+ ahubwo ni Imana y’ukuri, kugira ngo ingire nka se+ wa Farawo kandi ingire umutware w’urugo rwe rwose, ntegeke n’igihugu cya Egiputa cyose. Daniyeli 4:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Ibyo byategetswe n’abarinzi,+ kandi uwo mwanzuro wahamijwe n’abera, kugira ngo abariho bamenye ko Isumbabyose ari yo itegeka ubwami bw’abantu,+ kandi ko ibugabira uwo ishatse,+ ikabwimikamo uworoheje hanyuma y’abandi bose.”+ Luka 22:53 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 53 Igihe nabaga ndi kumwe namwe mu rusengero+ iminsi yose, ntimwarambuye amaboko ngo mumfate.+ Ariko iki ni cyo gihe cyanyu+ n’icy’ubutware+ bw’umwijima.”+ Yohana 7:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 Nuko bashaka uko bamufata,+ ariko ntihagira urambura ukuboko ngo amufate, kuko igihe+ cye cyari kitaragera. Yohana 10:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Nta wubunyaka, ahubwo mbuhara ku bushake bwanjye. Mfite uburenganzira bwo kubuhara, kandi mfite n’uburenganzira bwo kongera kububona.+ Iryo tegeko+ narihawe na Data.” Abaroma 13:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Ni yo mpamvu urwanya ubutegetsi aba arwanyije gahunda y’Imana, kandi abarwanya iyo gahunda bazacirwa urubanza rubakwiriye.+ Ibyahishuwe 13:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Ihabwa+ kurwanya abera ikabanesha,+ kandi ihabwa gutegeka abantu bo mu miryango yose n’amoko yose n’indimi zose n’amahanga yose.
8 Ubwo rero, si mwe mwanyohereje ino+ ahubwo ni Imana y’ukuri, kugira ngo ingire nka se+ wa Farawo kandi ingire umutware w’urugo rwe rwose, ntegeke n’igihugu cya Egiputa cyose.
17 Ibyo byategetswe n’abarinzi,+ kandi uwo mwanzuro wahamijwe n’abera, kugira ngo abariho bamenye ko Isumbabyose ari yo itegeka ubwami bw’abantu,+ kandi ko ibugabira uwo ishatse,+ ikabwimikamo uworoheje hanyuma y’abandi bose.”+
53 Igihe nabaga ndi kumwe namwe mu rusengero+ iminsi yose, ntimwarambuye amaboko ngo mumfate.+ Ariko iki ni cyo gihe cyanyu+ n’icy’ubutware+ bw’umwijima.”+
30 Nuko bashaka uko bamufata,+ ariko ntihagira urambura ukuboko ngo amufate, kuko igihe+ cye cyari kitaragera.
18 Nta wubunyaka, ahubwo mbuhara ku bushake bwanjye. Mfite uburenganzira bwo kubuhara, kandi mfite n’uburenganzira bwo kongera kububona.+ Iryo tegeko+ narihawe na Data.”
2 Ni yo mpamvu urwanya ubutegetsi aba arwanyije gahunda y’Imana, kandi abarwanya iyo gahunda bazacirwa urubanza rubakwiriye.+
7 Ihabwa+ kurwanya abera ikabanesha,+ kandi ihabwa gutegeka abantu bo mu miryango yose n’amoko yose n’indimi zose n’amahanga yose.