Matayo 3:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Jye mbabatirisha amazi+ kubera ko mwihannye,+ ariko uzaza+ nyuma yanjye we arakomeye kundusha, sinkwiriye no kumukuramo inkweto.+ Uwo azababatirisha umwuka wera+ n’umuriro.+ Yohana 1:33 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 33 Icyakora sinari muzi. Ahubwo uwantumye+ kubatiriza mu mazi yarambwiye ati ‘uwo uzabona umwuka umumanukiyeho maze ukamugumaho, uwo ni we ubatirisha umwuka wera.’+ Ibyakozwe 1:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Yohana yabatirishaga amazi, ariko mwe nyuma y’iminsi mike muzabatirishwa umwuka wera.”+ Ibyakozwe 10:45 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 45 Abizerwa bari bazanye na Petero, bakaba bari abo mu bakebwe, baratangara kubera ko impano y’umwuka wera yari isutswe no ku banyamahanga,+ Ibyakozwe 11:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Ibyo byahise binyibutsa amagambo y’Umwami, ukuntu yajyaga avuga ati ‘Yohana yabatirishaga amazi,+ ariko mwe muzabatirishwa umwuka wera.’+ Ibyakozwe 19:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Pawulo abarambitseho ibiganza,+ umwuka wera ubazaho, batangira kuvuga izindi ndimi no guhanura.+ 1 Abakorinto 12:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Mu by’ukuri, binyuze ku mwuka umwe, twese twabatirijwe+ mu mubiri umwe, twaba Abayahudi cyangwa Abagiriki, twaba imbata cyangwa ab’umudendezo, kandi twese twahawe kunywa+ ku mwuka umwe.
11 Jye mbabatirisha amazi+ kubera ko mwihannye,+ ariko uzaza+ nyuma yanjye we arakomeye kundusha, sinkwiriye no kumukuramo inkweto.+ Uwo azababatirisha umwuka wera+ n’umuriro.+
33 Icyakora sinari muzi. Ahubwo uwantumye+ kubatiriza mu mazi yarambwiye ati ‘uwo uzabona umwuka umumanukiyeho maze ukamugumaho, uwo ni we ubatirisha umwuka wera.’+
45 Abizerwa bari bazanye na Petero, bakaba bari abo mu bakebwe, baratangara kubera ko impano y’umwuka wera yari isutswe no ku banyamahanga,+
16 Ibyo byahise binyibutsa amagambo y’Umwami, ukuntu yajyaga avuga ati ‘Yohana yabatirishaga amazi,+ ariko mwe muzabatirishwa umwuka wera.’+
13 Mu by’ukuri, binyuze ku mwuka umwe, twese twabatirijwe+ mu mubiri umwe, twaba Abayahudi cyangwa Abagiriki, twaba imbata cyangwa ab’umudendezo, kandi twese twahawe kunywa+ ku mwuka umwe.