Ibyakozwe 25:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Niba mu by’ukuri ndi umugizi wa nabi+ kandi nkaba narakoze ikintu gikwiriye kunyicisha,+ sinanga gupfa. Ariko niba nta na kimwe muri ibyo bintu aba bandega gikwiriye kunyicisha, nta wushobora kubampa ngo akunde abanezeze. Njuririye Kayisari!”+ Ibyakozwe 25:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 Ariko Pawulo asabye+ ko yarindirwa mu nzu y’imbohe agategereza umwanzuro w’Umwami w’abami, ntegeka ko arindwa kugeza igihe nzamwohereza kwa Kayisari.” Ibyakozwe 28:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Ariko kubera ko Abayahudi bakomeje gutera hejuru babirwanya, byabaye ngombwa ko njuririra+ Kayisari, ariko bidatewe n’uko hari icyo ndega ubwoko bwanjye.
11 Niba mu by’ukuri ndi umugizi wa nabi+ kandi nkaba narakoze ikintu gikwiriye kunyicisha,+ sinanga gupfa. Ariko niba nta na kimwe muri ibyo bintu aba bandega gikwiriye kunyicisha, nta wushobora kubampa ngo akunde abanezeze. Njuririye Kayisari!”+
21 Ariko Pawulo asabye+ ko yarindirwa mu nzu y’imbohe agategereza umwanzuro w’Umwami w’abami, ntegeka ko arindwa kugeza igihe nzamwohereza kwa Kayisari.”
19 Ariko kubera ko Abayahudi bakomeje gutera hejuru babirwanya, byabaye ngombwa ko njuririra+ Kayisari, ariko bidatewe n’uko hari icyo ndega ubwoko bwanjye.