48 Kandi niba hari umwimukira utuye muri mwe akaba ashaka kwizihiriza Yehova pasika, ab’igitsina gabo bose bo mu rugo rwe bajye babanza gukebwa,+ hanyuma abone kwigira hafi kugira ngo ayizihize. Azabe nka kavukire. Ariko ntihakagire uw’igitsina gabo utarakebwe uyiryaho.