19 Abantu bazinjira mu buvumo bwo mu bitare no mu myobo yo mu butaka, bahunge igitinyiro cya Yehova n’isumbwe rye rihebuje,+ igihe azahagurukira isi ngo ayitigise.+
27 “Ubabwire uti ‘Umwami w’Ikirenga Yehova aravuga ati “ndahiye kubaho kwanjye ko abari ahantu habaye amatongo bazicishwa inkota,+ kandi abari ku gasozi nzabagabiza inyamaswa zibarye,+ n’abari mu bihome no mu buvumo+ bicwe n’icyorezo.