Kuva 19:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Nuko ku munsi wa gatatu mu gitondo, inkuba zirakubita n’imirabyo irarabya,+ kandi igicu gifatanye+ kibudika kuri uwo musozi, humvikana n’ijwi rirenga ry’ihembe,+ ku buryo abantu bose bari mu nkambi batangiye guhinda umushyitsi.+ Ibyahishuwe 4:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Kuri iyo ntebe y’ubwami haturukaga imirabyo+ n’amajwi n’inkuba,+ kandi imbere y’iyo ntebe hari amatara arindwi+ y’umuriro ugurumana, ayo matara akaba agereranya imyuka irindwi+ y’Imana. Ibyahishuwe 10:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Igihe izo nkuba ndwi zavugaga nari ngiye kwandika, ariko numva ijwi rivuye mu ijuru+ rigira riti “ibyo inkuba ndwi zavuze ubifatanyishe ikimenyetso+ kandi ntubyandike.” Ibyahishuwe 16:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Nuko haba imirabyo no guhinda kw’inkuba, kandi haba umutingito ukomeye+ utarigeze kubaho uhereye igihe abantu babereye ku isi;+ wari umutingito ukaze+ kandi ukomeye cyane.
16 Nuko ku munsi wa gatatu mu gitondo, inkuba zirakubita n’imirabyo irarabya,+ kandi igicu gifatanye+ kibudika kuri uwo musozi, humvikana n’ijwi rirenga ry’ihembe,+ ku buryo abantu bose bari mu nkambi batangiye guhinda umushyitsi.+
5 Kuri iyo ntebe y’ubwami haturukaga imirabyo+ n’amajwi n’inkuba,+ kandi imbere y’iyo ntebe hari amatara arindwi+ y’umuriro ugurumana, ayo matara akaba agereranya imyuka irindwi+ y’Imana.
4 Igihe izo nkuba ndwi zavugaga nari ngiye kwandika, ariko numva ijwi rivuye mu ijuru+ rigira riti “ibyo inkuba ndwi zavuze ubifatanyishe ikimenyetso+ kandi ntubyandike.”
18 Nuko haba imirabyo no guhinda kw’inkuba, kandi haba umutingito ukomeye+ utarigeze kubaho uhereye igihe abantu babereye ku isi;+ wari umutingito ukaze+ kandi ukomeye cyane.