Ibyahishuwe 2:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Ntutinye ibigiye kukugeraho.+ Dore Satani*+ azakomeza gushyira bamwe muri mwe mu nzu y’imbohe. Ibyo bizaberaho kugira ngo mugeragezwe mu buryo bwuzuye,+ kandi mumare iminsi icumi mubabazwa.+ Ujye uba uwizerwa kugeza ku gupfa,+ nanjye nzaguha ikamba ry’ubuzima.+ Ibyahishuwe 2:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 ati “nzi aho utuye ko ari ho intebe y’ubwami ya Satani iri. Nyamara ukomeza gushikama ku izina ryanjye,+ kandi ntiwigeze uhakana ko unyizera,+ ndetse no mu gihe cya Antipa, umuhamya wanjye+ wizerwa wiciwe+ iwanyu, aho Satani atuye. Ibyahishuwe 12:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Icyo kiyoka kirakarira uwo mugore,+ maze kijya kurwanya abasigaye bo mu rubyaro rwe bitondera amategeko y’Imana kandi bafite umurimo wo guhamya+ ibya Yesu.
10 Ntutinye ibigiye kukugeraho.+ Dore Satani*+ azakomeza gushyira bamwe muri mwe mu nzu y’imbohe. Ibyo bizaberaho kugira ngo mugeragezwe mu buryo bwuzuye,+ kandi mumare iminsi icumi mubabazwa.+ Ujye uba uwizerwa kugeza ku gupfa,+ nanjye nzaguha ikamba ry’ubuzima.+
13 ati “nzi aho utuye ko ari ho intebe y’ubwami ya Satani iri. Nyamara ukomeza gushikama ku izina ryanjye,+ kandi ntiwigeze uhakana ko unyizera,+ ndetse no mu gihe cya Antipa, umuhamya wanjye+ wizerwa wiciwe+ iwanyu, aho Satani atuye.
17 Icyo kiyoka kirakarira uwo mugore,+ maze kijya kurwanya abasigaye bo mu rubyaro rwe bitondera amategeko y’Imana kandi bafite umurimo wo guhamya+ ibya Yesu.