26 “umuntu nankurikira ntiyange se na nyina n’umugore we n’abana be, n’abavandimwe be na bashiki be, ndetse na we ubwe ngo yange ubugingo bwe,+ ntashobora kuba umwigishwa wanjye.+
24 Icyakora sinita cyane ku bugingo bwanjye nk’aho ari ubw’agaciro kenshi kuri jye.+ Icy’ingenzi ni uko ndangiza isiganwa ryanjye+ n’umurimo+ nahawe+ n’Umwami Yesu, wo kubwiriza mu buryo bunonosoye ubutumwa bwiza bw’ubuntu butagereranywa bw’Imana.+