12 Inzu yari yubatse ahagana mu burengerazuba, irebana na wa mwanya urimo ubusa, yari ifite metero zigera kuri 31* z’ubugari n’uburebure bwa metero 40.* Urukuta rw’iyo nzu rwari rufite umubyimba wa metero ebyiri n’igice* mu mpande zose.
42Nuko aranjyana, angeza mu rugo rw’inyuma ahareba mu majyaruguru.+ Anjyana ku nzu yari irimo ibyumba byo kuriramo yari iruhande rw’umwanya urimo ubusa,+ iruhande rw’inzu, mu majyaruguru.*+