13-19 Gashyantare
YESAYA 52-57
Indirimbo ya 148 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Kristo yababajwe ku bwacu”: (Imin. 10)
Ye 53:3-5—Yarasuzuguwe kandi ibyaha byacu ni byo yashenjaguriwe (w09 15/1 26 par. 3-5)
Ye 53:7, 8—Yemeye gutanga ubuzima bwe ku bwacu (w09 15/1 27 par. 10)
Ye 53:11, 12—Dushobora kubarwaho gukiranuka, kuko yabaye indahemuka kugeza apfuye (w09 15/1 28 par. 13)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Ye 54:1—“Umugore w’ingumba” wavuzwe muri ubu buhanuzi ni nde, kandi se “abana” be ni ba nde? (w06 15/3 11 par. 2)
Ye 57:15—Ni mu buhe buryo Yehova ‘abana n’ushenjaguwe n’uwiyoroshya’? (w05 15/10 26 par. 3)
Ni iki ibyo nasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru binyigisha ku byerekeye Yehova?
Ni ibihe bitekerezo nasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru nakwifashisha mu murimo wo kubwiriza?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Ye 57:1-11
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu ku ncuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) lc—Shyiraho urufatiro rwo gusubira gusura.
Gusubira gusura: (Imin. 4 cg itagezeho) lc 29—Shyiraho urufatiro rwo gusubira gusura.
Icyigisho cya Bibiliya: (Imin. 6 cg itagezeho) bh 15 par. 16-17—Niba bishoboka gitangwe n’umuvandimwe n’umwana we ukiri muto.
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Fasha abana bawe kwizera Umuremyi mu buryo butajegajega”: (Imin. 15) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo Icyo bagenzi bawe babivugaho—Ese wemera ko Imana ibaho?
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) kr igice cya 8 par. 8-13 n’imbonerahamwe ifite umutwe uvuga ngo “Ibitabo byacapwe ari byinshi mu rwego rw’isi”
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 107 n’isengesho