ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ikinyarwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • mwb25 Mutarama pp. 8-9
  • 3-9 Gashyantare

Videwo ntibashije kuboneka.

Ihangane, habaye ikibazo mu gufungura videwo.

  • 3-9 Gashyantare
  • Agatabo k’Iteraniro ry’Umurimo n’Imibereho ya Gikristo—2025
Agatabo k’Iteraniro ry’Umurimo n’Imibereho ya Gikristo—2025
mwb25 Mutarama pp. 8-9

3-9 GASHYANTARE

ZABURI 144-146

Indirimbo ya 145 n’isengesho | Amagambo yo gutangira (Umun. 1)

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

1. “Abantu Yehova abereye Imana bagira ibyishimo!”

(Imin. 10)

Yehova yita ku bantu bamwiringira (Zab 144:11-15; w18.04 32 par. 3-4)

Ibyiringiro byacu bituma twishima (Zab 146:5; w22.10 28 par. 16-17)

Abantu Yehova abereye Imana bazagira ibyishimo iteka ryose (Zab 146:10; w18.01 26 par. 19-20)

Ifoto igaragaza abavandimwe na bashiki bacu bafite imyaka itandukanye kandi bakuriye ahantu hatandukanye. Barishimye.

Iyo dukorera Yehova mu budahemuka, tugira ibyishimo nubwo twaba dufite ibibazo

2. Ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana

(Imin. 10)

  • Zab 145:15, 16—Ibivugwa muri iyi mirongo byagombye gutuma dufata inyamaswa dute? (it-1 111 par. 9)

  • Ni ibihe bintu by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru wifuza kubwira abandi?

3. Gusoma Bibiliya

(Imin. 4) Zab 144:1-15 (th ingingo ya 11)

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

4. Gutangiza ikiganiro

(Imin. 4) KU NZU N’INZU. Umuntu akubwiye ko yiga muri kaminuza. (lmd isomo rya 1 ingingo ya 5)

5. Gusubira gusura

(Imin. 4) KUBWIRIZA MU BURYO BUFATIWEHO. Ereka umuntu videwo iboneka mu Bikoresho Bidufasha Kwigisha. (lmd isomo rya 7 ingingo ya 4)

6. Disikuru

(Imin. 4) lmd umugereka A ingingo ya 7​—Umutwe: Umugore agomba kubaha cyane umugabo we. (th ingingo ya 1)

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO

Indirimbo ya 59

7. Yehova ashaka ko wishima

(Imin. 10) Ikiganiro.

Yehova ni Imana igira ibyishimo (1Tm 1:11). Yaduhaye impano nyinshi nziza zigaragaza ko adukunda cyane kandi ko yifuza ko twishima (Umb 3:12, 13). Reka dusuzume ebyiri muri izo mpano, ni ukuvuga ibyokurya n’amajwi.

Abavandimwe na bashiki bacu bari kota umuriro. Umwe muri bo ari gucuranga gitari.

Murebe VIDEWO ivuga ngo: “Ibyaremwe bigaragaza ko Yehova ashaka ko twishima—Ibyokurya biryoshye n’amajwi meza.” Hanyuma ubaze abateranye ikibazo gikurikira:

  • Ni gute ubushobozi bwo kuryoherwa n’ubushobozi bwo kumva amajwi meza bikwemeza ko Yehova ashaka ko wishima?

Soma muri Zaburi ya 32:8. Hanyuma ubaze abateranye ikibazo gikurikira:

  • Kumenya ko Yehova ashaka ko wishima bigufasha bite kumvira amabwiriza atanga muri Bibiliya n’ayo aduha akoresheje umuryango we?

8. Ibikenewe iwanyu

(Imin. 5)

9. Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero

(Imin. 30) bt igice cya 22 par. 1-6

Amagambo yo gusoza (Imin. 3) | Indirimbo ya 85 n’isengesho

    Ibitabo by’ikinyarwanda (1976-2025)
    Sohoka
    Injira
    • Ikinyarwanda
    • Yohereze
    • Hitamo
    • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
    • Amategeko agenga Imikoreshereze
    • Ibijyanye n'ibanga
    • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
    • JW.ORG
    • Injira
    Yohereze