1
Abisirayeli baba benshi muri Egiputa (1-7)
Farawo akandamiza Abisirayeli (8-14)
Abagore bubahaga Imana barokora abantu (15-22)
2
Mose avuka (1-4)
Umukobwa wa Farawo arera Mose (5-10)
Mose ahungira i Midiyani kandi agashakana na Zipora (11-22)
Imana yumva gutaka kw’Abisirayeli (23-25)
3
Mose abona igihuru cy’amahwa cyaka umuriro (1-12)
Yehova asobanura izina rye (13-15)
Yehova aha Mose amabwiriza (16-22)
4
Ibitangaza bitatu Mose yari gukora (1-9)
Mose yumva ko adashoboye (10-17)
Mose asubira muri Egiputa (18-26)
Mose ahura na Aroni (27-31)
5
Mose na Aroni imbere ya Farawo (1-5)
Abisirayeli barushaho gukandamizwa (6-18)
Abisirayeli bashinja amakosa Mose na Aroni (19-23)
6
Isezerano ry’uko bari kurekurwa risubirwamo (1-13)
Umuryango Mose na Aroni bakomokamo (14-27)
Mose yongera kujya imbere ya Farawo (28-30)
7
Yehova akomeza Mose (1-7)
Inkoni ya Aroni ihinduka inzoka nini (8-13)
Icyago cya 1: Amazi ahinduka amaraso (14-25)
8
Icyago cya 2: Ibikeri (1-15)
Icyago cya 3: Imibu (16-19)
Icyago cya 4: Amasazi yitwa ibibugu (20-32)
9
Icyago cya 5: Amatungo apfa (1-7)
Icyago cya 6: Abantu barwara ibibyimba n’amatungo akabirwara (8-12)
Icyago cya 7: Urubura (13-35)
10
11
12
Batangira kwizihiza Pasika (1-28)
Icyago cya 10: Abana b’imfura bicwa (29-32)
Batangira kuva muri Egiputa (33-42)
Amabwiriza arebana no kwizihiza Pasika (43-51)
13
Abahungu b’imfura n’amatungo yavutse mbere ni ibya Yehova (1, 2)
Umunsi Mukuru w’Imigati Itarimo Umusemburo (3-10)
Abahungu b’imfura n’amatungo yavutse mbere ni iby’Imana (11-16)
Abisirayeli bajya ku Nyanja Itukura (17-20)
Inkingi y’igicu n’umuriro (21, 22)
14
Abisirayeli bagera ku nyanja (1-4)
Farawo akurikira Abisirayeli (5-14)
Abisirayeli bambuka Inyanja Itukura (15-25)
Abanyegiputa barohama mu nyanja (26-28)
Abisirayeli bizera Yehova (29-31)
15
Mose n’Abisirayeli baririmba indirimbo yo gutsinda (1-19)
Miriyamu aririmba yikiriza (20, 21)
Amazi yashariraga areka gusharira (22-27)
16
Abantu bitotomba kubera ibyokurya (1-3)
Yehova yumvise uko bitotombaga (4-12)
Imana itanga inyoni zimeze nk’inkware na manu (13-21)
Ku Isabato nta manu babonaga (22-30)
Babika manu y’urwibutso (31-36)
17
Bageze kuri Horebu bakitotomba kubera ko babuze amazi (1-4)
Amazi ava mu rutare (5-7)
Abamaleki babagabaho igitero maze bagatsindwa (8-16)
18
19
20
21
22
23
Amategeko yahawe Abisirayeli (1-19)
Umumarayika ayobora Abisirayeli (20-26)
Bigarurira igihugu n’imipaka yacyo (27-33)
24
25
26
27
28
Imyenda y’abatambyi (1-5)
Efodi (6-14)
Igitambaro cyo kwambara mu gituza (15-30)
Ikanzu itagira amaboko (31-35)
Igitambaro cyo kuzingira ku mutwe kiriho igisate cya zahabu (36-39)
Indi myenda y’abatambyi (40-43)
29
30
Igicaniro cyo gutwikiraho imibavu (1-10)
Ibarura n’ingurane (11-16)
Igikarabiro cy’umuringa (17-21)
Amavuta yera (22-33)
Umubavu wera (34-38)
31
Abanyabugeni bahabwa umwuka w’Imana (1-11)
Isabato ni ikimenyetso kiri hagati y’Imana n’Abisirayeli (12-17)
Ibisate bibiri by’amabuye (18)
32
33
Imana icyaha Abisirayeli (1-6)
Ihema ryo guhuriramo n’Imana rishingwa inyuma y’inkambi (7-11)
Mose asaba kureba ikuzo rya Yehova (12-23)
34
Mose abaza ibindi bisate by’amabuye (1-4)
Mose abona ikuzo rya Yehova (5-9)
Amabwiriza y’isezerano asubirwamo (10-28)
Mu maso ha Mose harabagirana (29-35)
35
Amabwiriza arebana n’Isabato (1-3)
Impano zigenewe ihema ryo guhuriramo n’Imana (4-29)
Besaleli na Oholiyabu bahabwa umwuka w’Imana (30-35)
36
37
38
Igicaniro cy’ibitambo bitwikwa n’umuriro (1-7)
Igikarabiro cy’umuringa (8)
Urugo rw’ihema (9-20)
Babarura ibikoresho byakoreshejwe mu ihema ryo guhuriramo n’Imana (21-31)
39
Baboha imyenda y’abatambyi (1)
Efodi (2-7)
Igitambaro cyo kwambara mu gituza (8-21)
Ikanzu itagira amaboko (22-26)
Indi myenda y’abatambyi (27-29)
Igisate cya zahabu (30, 31)
Mose agenzura ihema ryo guhuriramo n’Imana (32-43)
40