1
Ubudahemuka bwa Yobu n’ubutunzi bwe (1-5)
Satani ashidikanya ku mpamvu zituma Yobu akorera Imana (6-12)
Yobu atakaza ibyo yari atunze kandi agapfusha abana (13-19)
Yobu nta cyo yashinje Imana (20-22)
2
Satani yongera gushidikanya ku mpamvu zituma Yobu akorera Imana (1-5)
Imana yemerera Satani guteza Yobu uburwayi (6-8)
Umugore wa Yobu avuga ati: “Ihakane Imana maze wipfire!” (9, 10)
Incuti eshatu za Yobu zihagera (11-13)
3
4
5
6
Yobu asubiza (1-30)
Avuga ko afite impamvu yo gutaka (2-6)
Abamuhumurizaga bari indyarya (15-18)
“Amagambo y’ukuri ntakomeretsa” (25)
7
8
9
Yobu asubiza (1-35)
Umuntu ntiyabasha kurwanya Imana (2-4)
‘Imana ikora ibintu bihambaye cyane’ (10)
Nta muntu ushobora kuburana n’Imana (32)
10
11
12
Yobu asubiza (1-25)
“Nta cyo mundusha” (3)
“Incuti zanjye ziranseka cyane” (4)
“Imana ni yo ifite ubwenge” (13)
Imana iruta abacamanza n’abami (17, 18)
13
14
15
16
17
18
19
Yobu asubiza (1-29)
Yanga kwemera ibyo incuti ze zamubwiraga (1-6)
Avuga ko abantu bamutereranye (13-19)
“Umucunguzi wanjye ariho” (25)
20
21
22
23
Yobu asubiza (1-17)
Avuga ko ashaka gushyikiriza Imana ikirego cye (1-7)
Avuga ko yashakishije Imana akayibura (8, 9)
‘Nakoze uko nshoboye ngo nyumvire muri byose nta guca ku ruhande’ (11)
24
25
26
Yobu asubiza (1-14)
“Wafashije utagira imbaraga ntugasekwe!” (1-4)
“Yatendetse isi hejuru y’ubusa” (7)
“Ibintu bike cyane mu byo Imana yakoze” (14)
27
28
29
30
31
32
33
34
35
36
37
38
39
40
41
42
Yobu asubiza Yehova (1-6)
Yehova ahamya icyaha incuti eshatu za Yobu (7-9)
Yehova aha imigisha Yobu (10-17)