Ibivugwa mu gitabo cy’Ibyahishuwe Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
1
Ibyahishuwe na Yesu, ibyo Imana yamweretse ( 1-3 )
Yesu asuhuza amatorero arindwi ( 4-8 )
Binyuze ku mbaraga z’umwuka wera, Yohana yagiye kubona abona ari ku munsi w’Umwami ( 9-11 )
Yohana abona Yesu wahawe icyubahiro ( 12-20 )
2
3
4
5
Umuzingo uteyeho kashe zirindwi ( 1-5 )
Umwana w’Intama afata umuzingo ( 6-8 )
Umwana w’Intama ni we ukwiriye gukuraho kashe ziri ku muzingo ( 9-14 )
6
7
Abamarayika bane bafashe imiyaga y’isi ( 1-3 )
Abantu 144.000 bashyirwaho ikimenyetso ( 4-8 )
Imbaga y’abantu benshi bambaye amakanzu y’umweru ( 9-17 )
8
Kashe zirindwi zivanwaho ( 1-6 )
Abamarayika bavuza impanda enye zibanza ( 7-12 )
Hatangazwa ibyago bitatu ( 13 )
9
10
11
12
Umugore, umwana w’umuhungu n’ikiyoka ( 1-6 )
Mikayeli arwana n’ikiyoka kinini ( 7-12 )
Ikiyoka gitoteza umugore ( 13-17 )
13
Inyamaswa y’inkazi ifite imitwe irindwi iva mu nyanja ( 1-10 )
Inyamaswa y’inkazi ifite amahembe abiri izamuka iva mu isi ( 11-13 )
Igishushanyo cy’inyamaswa y’inkazi ifite imitwe irindwi ( 14, 15 )
Ikimenyetso n’umubare w’inyamaswa y’inkazi ( 16-18 )
14
Umwana w’Intama n’abantu 144.000 ( 1-5 )
Ubutumwa bw’abamarayika batatu ( 6-12 )
Abagira ibyishimo ni abapfa bunze ubumwe na Kristo ( 13 )
Ibisarurwa byo ku isi bisarurwa inshuro ebyiri ( 14-20 )
15
16
17
18
“Babuloni Ikomeye” igwa ( 1-8 )
Barira cyane bitewe n’uko Babuloni yaguye ( 9-19 )
Mu ijuru haba ibyishimo kubera ko Babuloni yaguye ( 20 )
Babuloni izajugunywa nk’uko bajugunya ibuye mu nyanja ( 21-24 )
19
Abamarayika basingiza Yah kubera imanza yaciye ( 1-10 )
Uwicaye ku ifarashi y’umweru ( 11-16 )
Ifunguro ry’umunsi mukuru Imana yateguye ( 17, 18 )
Inyamaswa y’inkazi itsindwa ( 19-21 )
20
Satani azamara imyaka 1.000 aboshye ( 1-3 )
Abazategekana na Kristo mu gihe cy’imyaka 1.000 ( 4-6 )
Satani azarekurwa, nyuma yaho arimburwe ( 7-10 )
Abapfuye bacirwa urubanza bari imbere y’intebe y’ubwami ( 11-15 )
21
22