Twakura he ibisubizo by’ibibazo bikomeye mu buzima?
Mbese ibisubizo byava muri . . .
siyansi?
filozofiya?
Bibiliya?
UMWANDITSI WA BIBILIYA YABWIYE IMANA ATI
“Umpe gusobanukirwa . . . Ijambo ryawe ni ukuri.”—Zaburi 119:144, 160, Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya.
Bibiliya irimo irafasha abantu babarirwa muri za miriyoni kubona ibisubizo
Ese wifuza kuba umwe muri bo?
Urubuga rwa interineti rwa jw.org® rushobora kugufasha.
SOMA ibiboneka kuri interineti
Bibiliya iboneka mu ndimi zibarirwa mu magana
Ibisubizo by’ibibazo bishingiye kuri Bibiliya
Ubufasha bugenewe imiryango
REBA videwo zishingiye kuri Bibiliya
Amasomo n’indirimbo by’abana
Inama zigenewe urubyiruko
Ukwizera kugaragarira mu bikorwa
VANAHO ibyasohotse
Agatabo Ishimire Ubuzima Iteka Ryose
Amagazeti y’Umunara w’Umurinzi na Nimukanguke!
MURI IBI BIBAZO BIKOMEYE NI IKIHE KIGUHANGAYIKISHIJE KURUSHA IBINDI?
Intego y’ubuzima ni iyihe?
Ese Imana ni yo iduteza imibabaro?
Bigenda bite iyo umuntu apfuye?
Ushobora kubona ibisubizo by’ibyo bibazo kuri jw.org/rw.
(Kanda ahanditse ngo INYIGISHO ZA BIBILIYA › IBIBAZO BISHINGIYE KURI BIBILIYA)