Ku wa Gatandatu
‘Rushaho kugaragaza ubutwari bwo kuvuga ijambo ry’Imana udatinya’—ABAFILIPI 1:14
MBERE YA SAA SITA
8:20 Videwo y’umuzika wihariye
8:30 Indirimbo ya 76 n’isengesho
8:40 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Tugaragaze ubutwari
Abigishwa ba Bibiliya (Ibyakozwe 8:35, 36; 13:48)
Urubyiruko (Zaburi 71:5; Imigani 2:11)
Ababwiriza (1 Abatesalonike 2:2)
Abashakanye (Abefeso 4:26, 27)
Ababyeyi (1 Samweli 17:55)
Abapayiniya (1 Abami 17:6-8, 12, 16)
Abasaza b’itorero (Ibyakozwe 20:28-30)
Abageze mu za bukuru (Daniyeli 6:10, 11; 12:13)
9:50 Indirimbo ya 119 n’amatangazo
10:00 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Jya wigana intwari aho kwigana ibigwari
Wigana Yosuwa na Kalebu aho kwigana abatware icumi (Kubara 14:7-9)
Wigana Yayeli aho kwigana abaturage b’i Merozi (Abacamanza 5:23)
Wigana Mikaya aho kwigana abahanuzi b’ibinyoma (1 Abami 22:14)
Wigana Yeremiya aho kwigana Uriya (Yeremiya 26:21-23)
Wigana Pawulo aho kwigana umusore w’umukire (Mariko 10:21, 22)
10:45 UMUBATIZO: “Ntituri abo gusubira inyuma” (Abaheburayo 10:35, 36, 39; 11:30, 32-34, 36; 1 Petero 5:10)
11:15 Indirimbo ya 38 n’ikiruhuko
NYUMA YA SAA SITA
12:35 Videwo y’umuzika wihariye
12:45 Indirimbo ya 111
12:50 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Amasomo y’ubutwari tuvana ku byaremwe
Intare (Mika 5:8)
Amafarashi (Yobu 39:19-25)
Udusimba two mu bwoko bw’umukara (Zaburi 91:3, 13-15)
Inyoni yitwa Koliburi (1 Petero 3:15)
Inzovu (Imigani 17:17)
1:40 Indirimbo ya 60 n’amatangazo
1:50 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Uko abavandimwe bacu bagaragaza ubutwari
Muri Afurika (Matayo 10:36-39)
Muri Aziya (Zekariya 2:8)
Mu Burayi (Ibyahishuwe 2:10)
Muri Amerika ya Ruguru (Yesaya 6:8)
Muri Oseyaniya (Zaburi 94:14, 19)
Muri Amerika y’Epfo (Zaburi 34:19)
3:15 Jya wiringira Yehova aho kwiyiringira (Imigani 3:5, 6; Yesaya 25:9; Yeremiya 17:5-10; Yohana 5:19)
3:50 Indirimbo ya 3 n’isengesho risoza