UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA | ZEKARIYA 9-14
Guma mu “kibaya kiri hagati y’imisozi”
Yehova yashyizeho “ikibaya kinini cyane” igihe Ubwami bwa Mesiya bwimikwaga mu wa 1914. Ubwo bwami bugereranywa n’‘umusozi’ bwungirije ubutegetsi bw’ikirenga bwa Yehova. Kuva mu wa 1919, abagaragu b’Imana barindiwe mu “kibaya kiri hagati y’imisozi”
Abantu ‘bahungira bate mu kibaya’ barindirwamo?
Umuntu wese utari muri icyo kibaya azarimbuka kuri Harimagedoni
Nakora iki ngo ngume mu kibaya cy’ubuhungiro?