18 Ariko uyu munsi mwiyemeje kurwanya abo mu rugo rwa papa, mwicira abahungu be uko ari 70 ku ibuye rimwe.+ Mwafashe Abimeleki, umuhungu w’umuja we,+ mumugira umwami kugira ngo ategeke abayobozi b’i Shekemu, mubitewe gusa n’uko ari umuvandimwe wanyu.