9 Abagaragu banjye bazabivana muri Libani babimanukane babigeze ku nyanja. Nzabihambiranya, mbyambutse inyanja mbigeze aho uzambwira maze mbisatuze, kugira ngo ushobore kubitwara. Icyo njye ngusaba ni uko nawe wazajya umpa ibyokurya by’abo mu rugo rwanjye.”+