43 uzatege amatwi uri mu ijuru aho uba,+ ukore ibihuje n’ibyo uwo munyamahanga agusabye byose, kugira ngo amahanga yose yo ku isi amenye izina ryawe, agutinye+ nk’uko abantu bawe, ari bo Bisirayeli, bagutinya kandi amenye ko iyi nzu nubatse yitirirwa izina ryawe.