6 Icyakora ntiyishe abana b’abo bantu bishe papa we, nk’uko byanditswe mu gitabo cy’Amategeko ya Mose, aho Yehova yari yarategetse ati: “Papa w’abana ntakicwe azira abana be kandi abana ntibakicwe bazira ba papa babo. Umuntu wese ajye yicwa azira icyaha cye.”+