1 Ibyo ku Ngoma 9:26 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 26 Hari abarinzi b’amarembo bane bari bahagarariye abandi* bari barahawe inshingano yahabwaga abantu biringirwa. Bari Abalewi kandi bari bashinzwe kurinda ibyumba* n’ububiko bwo mu nzu y’Imana y’ukuri.+ 1 Ibyo ku Ngoma Igitabo gifasha Abahamya ba Yehova gukora ubushakashatsi—Cyacapwe muri 2019 9:26 Umunara w’Umurinzi,1/10/2005, p. 9
26 Hari abarinzi b’amarembo bane bari bahagarariye abandi* bari barahawe inshingano yahabwaga abantu biringirwa. Bari Abalewi kandi bari bashinzwe kurinda ibyumba* n’ububiko bwo mu nzu y’Imana y’ukuri.+