2 Ibyo ku Ngoma 9:18 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 18 Iyo ntebe yari ifite esikariye esheshatu zigana aho bicara kandi yari ifite akantu bakandagiraho gakozwe muri zahabu. Ku mpande zombi z’iyo ntebe hari aho bashyira amaboko kandi kuri buri ruhande hari igishushanyo cy’intare.+
18 Iyo ntebe yari ifite esikariye esheshatu zigana aho bicara kandi yari ifite akantu bakandagiraho gakozwe muri zahabu. Ku mpande zombi z’iyo ntebe hari aho bashyira amaboko kandi kuri buri ruhande hari igishushanyo cy’intare.+